Pastor Antoine Rutayisire arasobanura neza icyaha icyo aricyo nubu kristo avuga ko kuba waba uri umuntu mwiza udakora ibyaha, udasambana,utaronga, udatukana nibindi bitavuze ko utari umunyabyaha kuko ngo Umunyabyaha ari umuntu wese utera imana Umugongo.
akomeza avuga kandi ko twahamagariwe gusa ni shusho ya kristo , umukristo wese agomba gusa na yesu kristo kuko aribyo byonyine bidutandukanya na bapagani.
kanda hano ukurikirane ubutumwa bwiza: